Ku Cyumweru cya Mashami twibuka ukuntu Yezu Kristu yinjiranye ishema mu murwa wa
Yeruzalemu, abantu benshi bamuvugiriza impundu bavuga bati « Nasingizwe uje mu izina rya
Nyagasani ». Nyagasani Yezu Kristu yakiriwe i Yeruzalemu nk’Umwami. 2025-03-04 |
Bikira Mariya ni Umubyeyi ureberera abana be kandi uhora aduhanze amaso. Mu bukwe bw’i
Kana, abatumirwa n’abasangwa banyoye divayi kugeza igihe ishiriye ubukwe butararangira.
Bikira Mariya yarabyitegereje ariko ntiyijujuta cyangwa ngo anegure abateguye ubukwe nk’uko
abantu benshi tubigenza. 2025-03-04 |
Ku wa gatandatu tariki ya 15 Gashyantare 2025 Abalejiyo ba Diyosezi ya Ruhengeri bakoreye
urugendo nyobokamana ku Ngoro ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima, banyura no mu
muryango w’Impuhwe z’Imana. 2025-03-04 |
Ku wa 19 Gashyantare 2025 Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA,
Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri, Uhagarariye INES-Ruhengeri mu rwego
rw’amategeko (Legal Representative) akaba n’Umuyobozi w’ikirenga wayo 2025-02-24 |
Ku wa gatanu tariki ya 31 Mutarama 2025, ku munsi mukuru wa Mutagatifu Yohani Bosco,
mu rugo rw’ababikira b’Iramukanya muri Nkumba (Monastère des Soeurs Visitandines de
Nkumba), 2025-02-21 |
Ku Cyumweru tariki ya 26 /01/2025, Kuri Paruwasi ya Bumara, Diyosezi ya Ruhengeri
yahimbaje Yubile y’impurirane mu rwego rwo kwamamaza Ijambo ry’Imana no kwimakaza
imibanire y’abemera Kristu. 2025-02-17 |
Ku wa 05/01/2025, ku munsi mukuru w’Ukwigaragaza kwa Nyagasani, kuri Paruwasi ya
Busogo, Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA yayoboye Misa yo guhimbaza
Yubile y’impurirane y’abana ku rwego rwa Diyosezi ya Ruhengeri. 2025-02-10 |
Bikira Mariya Mwamikazi wa Fatima,
Mubyeyi utagira inenge wa Yezu n’uwacu,
Imana yakugize umugabuzi w’ingabire zayo,
Maze ku bubasha bwa Roho Mutagatifu,
Utubyarira Yezu Kristu dukesha umukiro. 2025-02-10 |
Ku Cyumweru tariki ya 19 Mutarama 2025, muri Paruwasi ya Butete hahimbarijwe umunsi w’urubyiruko
Gatolika mu Rwanda wizihijwe ku nshuro ya 20. Ni umunsi witabiriwe n’Abasaseridoti biganjemo
abashinzwe urubyiruko, Abiyeguriyimana, urubyiruko ruturutse mu ma Paruwasi yose agize Diyosezi
yacu n’abashyitsi baturutse mu nzego za leta. 2025-01-22 |
Ku wa gatanu tariki ya 27 Ukuboza 2024, mu rwego rwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda, i Kibeho kwa
Nyina wa Jambo niho hahimbarijwe yubile y’impurirane: Imyaka 2025 y’ugucungurwa kwa bene muntu
n’imyaka 125 inkuru nziza imaze igeze mu Rwanda. 2025-01-18 |