Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA yifurije abakristu ba Diyosezi ya Ruhengeri Noheli nziza Ku wa mbere, tariki ya 25/12/2023, Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA
Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri yayoboye igitambo cya Misa yo kwizihiza umunsi
mukuru wa Noheli cyaturiwe ku Ngoro ya Bikira Mariya Umwamikazi wa Fatima, muri
Paruwasi Katedrali ya Ruhengeri. 2023-12-28 |
Hari ku wa 22 Ugushyingo 2023 ubwo Ecole Saint Marc Ruhengeri yasozaga igihembwe cya
mbere cyumwaka w’amashuri 2023-2024. Umuhango wo gutanga indangamanota watangiye saa
tatu ku cyicaro cy'iryo Shuri. 2023-12-28 |
En date du 15 décembre 2023, dans la salle du Centre Pastoral Notre Dame de Fatima, Son
Excellence Mgr Vincent Harolimana, Evêque du Diocèse de Ruhengeri, a lancé officiellement le
projet du rôle de la femme dans le développement de la famille. 2023-12-22 |
Nkuko byari byateganyijwe na Leta y’u Rwanda, ku wa kane, tariki ya 14/12/2023 hizihijwe
umunsi wa Mwalimu mu gihugu cyacu cy’u Rwanda aho insanganyamatsiko yagiraga iti
« Mwarimu twifuza mu burezi twifuza ». 2023-12-18 |
En date du 11 décembre 2023, Son Excellence Mgr Vincent Harolimana, Evêque du Diocèse de
Ruhengeri, a ouvert et présidé une réunion du Presbyterium de Ruhengeri (réunion de tous les
prêtres du Diocèse au tour de leur Evêque). 2023-12-13 |
Ku wa kane, tariki ya 07/12/2023, Ishuri Rikuru ry’Ubumenyi-ngiro rya INES-Ruhengeri
ryizihije isabukuru y’imyaka 20 rimaze rishinzwe. 2023-12-13 |
Ku wa gatandatu, tariki ya 02/12/2023, Paruwasi ya Kanaba yizihije isabukuru y’imyaka itatu
imaze ishinzwe, inahimbaza umunsi mukuru wa Mutagatifu Fransisko Saveri, umurinzi w’iyi
Paruwasi. 2023-12-08 |
Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri
yayoboye inteko rusange ya 14 ya Caritas ya Diyosezi ya Ruhengeri. 2023-12-04 |
Ku cyumweru tariki ya 19/11/2023 muri Paruwasi ya Kinoni hizihirijwe Umunsi Mpuzamahanga
w’Abakene ku nshuro ya karindwi ku rwego rwa Diyosezi ya Ruhengeri. 2023-11-30 |
Ku wa gatanu, tariki ya 24 Ugushyingo 2023, mu Rwunge rw’amashuri rwa Nyakinama ya I,
hahimbajwe umunsi mukuru wa Kristu Umwami, waragijwe iryo Shuri. 2023-11-24 |