Umunsi wa Pentekositi uragera, bose bakaba bakoraniye hamwe. Ako kanya, umuriri umeze nk’inkubi y’umuyaga uva mu ijuru, maze wuzura mu nzu bari barimo 2026-02-26 |
Kuganira biri mu muco w’abantu, ariko burya ibanga ryo kuganira si ukuvuga,
ahubwo ni ukumva. Ni koko ngo umuhanda ugera ku mutima w’umuntu ni amatwi. 2026-02-26 |
Ubuyobozi bwa Kiliziya bwemera ibonekerwa n’ubutumwa bujyanye na ryo
bushingiye ku bimenyetso bifatika bituma iryo bonekerwa riba rikwiye kwizerwa. Ibyo
bimenyetso byemejwe n’Ibiro bya Papa bishinzwe inyigisho z’ukwemera (Dicastère
pour la doctrine de la Foi/ Dicastery for the Doctrine of Faith) mu mwaka wa 1978. 2026-01-22 |
Kiliziya ihamya kandi yigisha ko Yezu Kristu ari we Muhuza n’indunduro
y’ibyahishuwe. Muri We Imana yahishuye ibyo yashakaga guhishurira abantu byose.
“Imana imaze kuvuga kenshi no ku buryo bwinshi ikoresheje abahanuzi, natwe muri iyi
minsi ari na yo y’imperuka yatubwirishije Umwana wayo” (Heb 1,1-2). 2026-01-22 |
Muri 1818, umwanditsikazi w’umwongereza witwa Mary Wollstonecraft Shelley yanditse igitabo
yise “Frankenstein or The Modern Prometheus”. Yacyanditse agendeye ku bikorwa byitiriwe
kimwe mu bigirwamana by’abagereki kitwa Prometheus bivugwa ko cyaremye abantu mu
ibumba cyarangiza kikiba umuriro kikawubaha bityo bakabasha gukora byinshi batari
kwigereraho. 2026-01-18 |
Tariki ya 6 Ukuboza 2025, Kiliziya Gatolika mu Rwanda yahimbaje isozwa rya Yubile y’impurirane y’imyaka 2025 Yezu aje mu isi n’imyaka 125 Inkuru nziza igeze mu Rwanda. Koko rero, ku itariki ya 2 Gashyantare 1900 ni bwo Abamisiyoneri b’Abapadiri Bera bageze mu Rwanda 2025-12-22 |
Ku cyumweru tariki ya 08/06/2025 Diyosezi ya Ruhengeri yahimbaje Yubile y’impurirane mu
rwego rw’abalayiki n’imiryango y’agisiyo gatolika n’andi matsinda y’abalayiki. Iyo Yubile
yizihirijwe muri Paruwasi ya Runaba, 2025-12-22 |
Nyuma y’uko ku wa gatandatu tariki ya 10/02/2024 muri Bazilika nto ya Kabgayi hatangirijwe
ku mugaragaro ku rwego rw’igihugu gahunda y’ihimbazwa rya Yubile y’impurirane yo muri
2025, Diyosezi ya Ruhengeri na yo ntiyazuyaje kwinjira muri uwo mujyo. 2025-12-22 |
Ku cyumweru tariki ya 16/11/2025, muri Paruwasi ya Busengo hizihirijwe ku rwego rwa
Diyosezi ya Ruhengeri Umunsi Mpuzamahanga w’Abakene wari ufite iyi nsanganyamatsiko:
«Ni wowe mizero yanjye». Ni amagambo Nyirubutungane Papa Lewo wa XIV yakuye muri
zaburi ya 71 ku murongo wa 5. 2025-12-01 |
Ku Cyumweru tariki ya 05/07/2025, muri Paruwasi ya Kampanga hizihirijwe Yubile
y’impurirane mu rwego rw’ibikorwa by’urukundo n’impuhwe (Caritas). Ni Yubile y’imyaka
2025 y’icungurwa rya Muntu na Yubile y’imyaka 125 Ivanjili igeze mu Rwanda. 2025-11-29 |