Kuva ku wa 24 Werurwe 2012 kugeza ku wa 24 Werurwe 2025, imyaka 13
irashize Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti Harolimana ahawe inkoni
y’Ubushumba muri Diyosezi ya Ruhengeri. 2025-04-09 |
Ku wa gatandatu tariki ya 22 Werurwe 2025, muri Paruwasi ya Rwaza hizihirijwe ku rwego rwa
Diyosezi ya Ruhengeri Yubile y’impurirane mu rwego rw’umuhamagaro wo kwiyegurira Imana. 2025-04-08 |
Nemera Imana imwe,Data ushobora byose waremye Ijuru n’Isi,ibiboneka n’ibitaboneka.
Nemera na Nyagasani umwe Yezu Kristu,
Umwana w’ikinege w’Imana. 2025-04-08 |
Ku wa gatandatu tariki ya 15 Werurwe 2025, abakristu 2122 ba Diyosezi ya Ruhengeri,
bayobowe na Nyiricyubahiro Musenyeri Visenti HAROLIMANA, bakoreye urugendo
nyobokama i Kibeho. 2025-03-21 |
Ku wa gatanu tariki ya 07/03/2025 abakristu bo muri Diyosezi ya Ruhengeri bagize Umuryango
w’Umutima Mutagatifu wa Yezu bakoreye urugendo nyobokama ku Ngoro ya Bikira Mariya
Umwamikazi wa Fatima. 2025-03-17 |
Ku wa gatatu w’ivu tariki ya 05 Werurwe 2025, muri Katedrali ya Ruhengeri, Nyiricyubahiro
Musenyeri Visenti HAROLIMANA yayoboye Misa yo gutangiza Igisibo kidutegurira
guhimbaza Pasika ya Nyagasani yo muri uyu mwaka wa yubile y’impurirane 2025-03-08 |
Ku wa 07 Gashyantare 2025, muri kiliziya ya Paruwasi ya Janja, Nyiricyubahiro Musenyeri
Visenti HAROLIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri, yayoboye Igitambo
cy’Ukaristiya cyo kwizihiza umunsi mukuru wa Mutagatifu Yeronimo waragijwe Lycée Saint-
Jérôme Janja 2025-03-07 |
Ku wa 07 Gashyantare 2025, muri kiliziya ya Paruwasi ya Janja, Nyiricyubahiro Musenyeri
Visenti HAROLIMANA, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Ruhengeri, yayoboye Igitambo
cy’Ukaristiya cyo kwizihiza umunsi mukuru wa Mutagatifu Yeronimo 2025-03-07 |
Ku Cyumweru cya Mashami twibuka ukuntu Yezu Kristu yinjiranye ishema mu murwa wa
Yeruzalemu, abantu benshi bamuvugiriza impundu bavuga bati « Nasingizwe uje mu izina rya
Nyagasani ». Nyagasani Yezu Kristu yakiriwe i Yeruzalemu nk’Umwami. 2025-03-04 |
Bikira Mariya ni Umubyeyi ureberera abana be kandi uhora aduhanze amaso. Mu bukwe bw’i
Kana, abatumirwa n’abasangwa banyoye divayi kugeza igihe ishiriye ubukwe butararangira.
Bikira Mariya yarabyitegereje ariko ntiyijujuta cyangwa ngo anegure abateguye ubukwe nk’uko
abantu benshi tubigenza. 2025-03-04 |